Meddy - Nasara - translation of the lyrics into French

Lyrics and translation Meddy - Nasara




Nasara
Nasara
Yehiyeeehhh
Yehiyeeehhh
Haaaamm
Haaaamm
Ohhhhh
Ohhhhh
Yehiyeeehhh
Yehiyeeehhh
Haaaamm
Haaaamm
Ohhhhh
Ohhhhh
Iyo habura umuntu umwe gusa
Même si je n'ai plus que toi
N'iyo bose bakwanga
Et si tout le monde te déteste
Nzoba nkigukunda
Je continuerai à t'aimer
Uwakwibagiza ibyahise
Celui qui te fait oublier le passé
Erega mama twari tukiri abana
Maman, on était encore des enfants
Simvaha tutari kumwe
Je n'imagine pas qu'on ne soit pas ensemble
Naho ubundi nasara Oooh
Sinon, je serais malade Oooh
Ntuzigere umpemukira
Ne me quitte jamais
Naho ubundi nasara Oooh
Sinon, je serais malade Oooh
Uwandangira aho wanyuze
tu as marché, je laisserai des traces
Nze ngusange nanjye
Je te retrouverai
Icyo amatwi atumva
Ce que les oreilles n'entendent pas
Nyamara umutima wo ukacyumva
Le cœur le ressent
Nta cyananiza nko kukureka
Rien n'est plus pénible que de te laisser partir
Nyereka icyo wanga n'icyo ukunda
Montre-moi ce que tu détestes et ce que tu aimes
Gerageza ndebe uko nagushimisha
Essaie, je verrai comment te faire plaisir
Wikwibaza byinshi
Ne te pose pas trop de questions
Tera intambwe
Fais un pas
Humiriza tubyine huuuuhh
Viens, dansons huuuuhh
Ko numva bita nkundira
Car je sens que ça m'attire - aime-moi
Nkumva mbisubike
Je sens que je dois le faire
Ntangire bundi bushya
Commençons à nouveau
Iyo habura umuntu umwe gusa
Même si je n'ai plus que toi
N'iyo bose bakwanga
Et si tout le monde te déteste
Nzoba nkigukunda
Je continuerai à t'aimer
Uwakwibagiza ibyahise
Celui qui te fait oublier le passé
Erega mama twari tukiri abana
Maman, on était encore des enfants
Simvaha tutari kumwe
Je n'imagine pas qu'on ne soit pas ensemble
Naho ubundi nasara Oooh
Sinon, je serais malade Oooh
Ntuzigere umpemukira
Ne me quitte jamais
Naho ubundi nasara Oooh
Sinon, je serais malade Oooh
Ntaho nagera ngusize
Je n'irai nulle part sans toi
Aho wajya ho nzogukurikira mu mwijima
tu iras, je te suivrai dans l'obscurité
Come, come, come, I don't wanna leave
Viens, viens, viens, je ne veux pas partir
Please run, run, run
S'il te plaît, cours, cours, cours
Hari aho ngera nkumva
Je sens que je suis arrivé à un point
Nta yindi ntambwe nsigaranye imbere
Je n'ai plus de pas à faire
Nsigaye nigegensera ntababaza umutima
Je suis maintenant un réfugié, je ne fais pas de mal au cœur
Ndatinya kuzagutenguha
J'ai peur de te décevoir
Hari byinshi nifuza ko wamenya
Il y a beaucoup de choses que je veux que tu saches
Humiriza tubyine kuukoooohh
Viens, dansons kuukoooohh
Ko numva bitankundira
Car je sens que ça ne m'attire pas
Nkumva mbisubike
Je sens que je dois le faire
Ntangire bundi bushya
Commençons à nouveau
N'iyo habura umuntu umwe gusa
Même si je n'ai plus que toi
N'iyo bose bakwanga
Et si tout le monde te déteste
Nzoba nkigukunda
Je continuerai à t'aimer
Uwakwibagiza ibyahise
Celui qui te fait oublier le passé
Erega mama twari tukiri abana
Maman, on était encore des enfants
Simvaha aha tutari kumwe
Je n'imagine pas qu'on ne soit pas ensemble
Naho ubundi nasara
Sinon, je serais malade
Ntuzigere umpemukira
Ne me quitte jamais
Naho ubundi nasara Oooh
Sinon, je serais malade Oooh
Yeeeyihheh yeeehh
Yeeeyihheh yeeehh





Writer(s): Doumbia Moussa


Attention! Feel free to leave feedback.