Meddy - Nasara - traduction des paroles en anglais

Paroles et traduction Meddy - Nasara




Nasara
Nasara
Yehiyeeehhh
Yehiyeeehhh
Haaaamm
Haaaamm
Ohhhhh
Ohhhhh
Yehiyeeehhh
Yehiyeeehhh
Haaaamm
Haaaamm
Ohhhhh
Ohhhhh
Iyo habura umuntu umwe gusa
Even when there's only one person missing
N'iyo bose bakwanga
And even though everyone else disapproves
Nzoba nkigukunda
I will continue to love you
Uwakwibagiza ibyahise
The one who forgets the past
Erega mama twari tukiri abana
Remember, baby, we were just kids
Simvaha tutari kumwe
I can't imagine not being together
Naho ubundi nasara Oooh
Even though I'm alone, Oooh
Ntuzigere umpemukira
Don't ever leave me
Naho ubundi nasara Oooh
Even though I'm alone, Oooh
Uwandangira aho wanyuze
You lead the way wherever you go
Nze ngusange nanjye
And I'll be right there besides you
Icyo amatwi atumva
What my ears can't hear
Nyamara umutima wo ukacyumva
My heart still somehow understands
Nta cyananiza nko kukureka
There's nothing that can stop me from leaving you
Nyereka icyo wanga n'icyo ukunda
Show me what you hate and love
Gerageza ndebe uko nagushimisha
Let me try and make you happy
Wikwibaza byinshi
You're always worrying about so much
Tera intambwe
Just take a step forward
Humiriza tubyine huuuuhh
Let's sing it out together - huuuhh
Ko numva bita nkundira
When I hear them say - I miss you
Nkumva mbisubike
I feel like I could start over
Ntangire bundi bushya
I can start anew
Iyo habura umuntu umwe gusa
Even when there's only one person missing
N'iyo bose bakwanga
And even though everyone else disapproves
Nzoba nkigukunda
I will continue to love you
Uwakwibagiza ibyahise
The one who forgets the past
Erega mama twari tukiri abana
Remember, baby, we were just kids
Simvaha tutari kumwe
I can't imagine not being together
Naho ubundi nasara Oooh
Even though I'm alone, Oooh
Ntuzigere umpemukira
Don't ever leave me
Naho ubundi nasara Oooh
Even though I'm alone, Oooh
Ntaho nagera ngusize
There's nowhere I can go to escape
Aho wajya ho nzogukurikira mu mwijima
Wherever you go, I'll follow you into the darkness
Come, come, come, I don't wanna leave
Come, come, come, I don't wanna leave
Please run, run, run
Please run, run, run
Hari aho ngera nkumva
There are times when I feel like
Nta yindi ntambwe nsigaranye imbere
I have no more steps left to take
Nsigaye nigegensera ntababaza umutima
I'm just wandering around, not knowing where to go
Ndatinya kuzagutenguha
I'm afraid to lose you
Hari byinshi nifuza ko wamenya
There's so much I want you to know
Humiriza tubyine kuukoooohh
Let's sing it out together - kuukoooohh
Ko numva bitankundira
When I hear it doesn't suit me
Nkumva mbisubike
I feel like I could start over
Ntangire bundi bushya
I can start anew
N'iyo habura umuntu umwe gusa
Even when there's only one person missing
N'iyo bose bakwanga
And even though everyone else disapproves
Nzoba nkigukunda
I will continue to love you
Uwakwibagiza ibyahise
The one who forgets the past
Erega mama twari tukiri abana
Remember, baby, we were just kids
Simvaha aha tutari kumwe
I can't imagine not being together
Naho ubundi nasara
Even though I'm alone
Ntuzigere umpemukira
Don't ever leave me
Naho ubundi nasara Oooh
Even though I'm alone, Oooh
Yeeeyihheh yeeehh
Yeeeyihheh yeeehh





Writer(s): Doumbia Moussa


Attention! N'hésitez pas à laisser des commentaires.