Lyrics Ndabyumva - Mugaba
Yeah
aay
aay
Eeh
iih
yeah
aay
aay
Ndabyumva
aah
Gukunda,
siko
gukundwa
Amajoro
yose
undaza
nicaye
Gusa
s'ikibazo
cyawe
Nagukunze
utabinsabye
Urukundo
ni
nk'uruzi
rutemba
aah
Rukujyana
aho
rwishakiye
Ntuzandenganye
Mpora
nibazako
Wenda
rimwe
tuzahuza
Umutima
wawe
ugatera
usanga
uwanjye
Ufite
umwihariko
Nindamuka
nguhebye
Sinibazako
har'undi
nzakunda
nkawe
Gusa
ndabyumva
aah
Gukunda,
siko
gukundwa
Kuba
utankunda
Ntugirengo
nabifashe
nabi
Ndabyumva
aah
Kuba
utankunda
Ntugirengo
nabifashe
nabi
Gukunda,
siko
gukundwa
Yeah,
Ndabyumva
aah
Ndakumva,
nubwo
utanyumva
Erega
ntako
utangize
Ntako
utangenje
Aho
umutima
wanze
Ntawuhatiriza
Gusa
sinakwanga
Sinahindutse
yeah
Ka
gaseke,
karacyapfundikiye,
kuko
Mpora
nibazako
Wenda
rimwe
tuzahuza
Umutima
wawe
ugatera
usanga
uwanjye
Ufite
umwihariko
Nindamuka
nguhebye
Sinibazako
har'undi
nzakunda
nkawe
Gusa
ndabyumva
aah
Gukunda,
siko
gukundwa
Kuba
utankunda
Ntugirengo
nabifashe
nabi
Ndabyumva
aah
Kuba
utankunda
Ntugirengo
nabifashe
nabi
Gukunda,
siko
gukundwa
Yeah,
Ndabyumva
aah
Ndakumva,
nubwo
utanyumva
Attention! Feel free to leave feedback.