Meddy - Nka Paradizo paroles de chanson

paroles de chanson Nka Paradizo - Meddy



Nasanze urukundo
Ruruta byose
Kwihishira ni ukwibesha
No mu gusaza (yeah)
Nzahora nkunkuda (yeah)
Nkaho ari ubwa nyuma (yeah)
Tambuka
Oya, ntutinye kugwa
Turi kumwe
Abifuza ko nabivamo
Ntibari ko ari wowe
Ngwino tubijyaze bucece
Kuva nakumenya wanyibukije umudendenzo tujyana
Umurikiye nk'izuba rirasa duhuza amaso, nkananirwa kwifata
Umutima ugasabayangwa (duhora turi kumwe ubuda tangukana)
Bisa nka paradizo (duhora turi kumwe ubuda tangukana)
Bisa nka paradizo (duhora turi kumwe ubuda tangukana)
Bazakubwira ko bizashira
Bifuze ko nkuta
Niko iyi si imera
Reka nkubere inyenyeri itazima
Imvura izagwa, nkubere ubwugamo
Tambuka
Oya, ntutinye kugwa
Turi kumwe
Abifuga ko nabivamo
Ntimbazi ko ari wowe
Kuva nakumenya wanyibukije
Umudendenzo tujyana umurikiye nk'izuba rirasa
Duhuza amaso,
Nkananirwa kwifata umutima
Ugasabayangwa (duhora turi kumwe ubuda tandukana)
Bisa nka paradizo (duhora turi kumwe ubuda tandukana)
Bisa nka paradizo (duhora turi kumwe ubuda tandukana)
Iyeeeeeh!!uhhhmmm
Kuva nakumenya iyeeehh
Umudendenzo iyeeeh
Ntibazi ko ari wowe
Kuva nakumenya wanyibukije
Umudendenzo tujyana umurikiye nk'izuba rirasa
Duhuza amaso,
Nkananirwa kwifata umutima
Ugasabayangwa (duhora turi kumwe ubuda tandukana)
Bisa nka paradizo (duhora turi kumwe ubuda tandukana)
Bisa nka paradizo (duhora turi kumwe ubuda tandukana)
Kuva nakumenya wanyibukije umudendenzo tujyana umurikiye nk'izuba
Rirasa duhuza amaso,
Nkananirwa kwifata umutima
Ugasabayangwa (duhora turi kumwe ubuda tangukana)
Bisa nka paradizo (duhora turi kumwe ubuda tandukana)
Bisa nka paradizo (duhora turi kumwe ubuda tandukana)



Writer(s): Medard Ngabo


Meddy - Nka Paradizo
Album Nka Paradizo
date de sortie
16-01-2019




Attention! N'hésitez pas à laisser des commentaires.