Lyrics Nturi Wenyine - Israel Mbonyi
Ijyuru
rirarimba
n'ukuri
nturi
wenyineee...
Nukuri
uramukunda
Nubwo
yagiye
Kure
Ni
nk'umwana
w'ikirara
Ataka
nk'uhumeka
umwuka
wanyuma
Umufite
ku
mutima
Nubwo
yakoze
ibibi
byinshyi
Yuzuye
isoni
nikimwaro
Maze
umwibutsa
yuk
yacunguwe
Umutima
ugasimbuka
Akaririmba
izamazamuka
Ndaziko
nubwo
bimeze
bityo
Hari
umugabo
ankunda
Avuga
ko
ndi
uwe
Ijuru
riraririmba
riti
nukuri
nturi
wenyine
Imisozi
igatangara,
erega
warahiriwe
Ese
ni
hehe
kure
Cane
umuntu
yayobera
Nizihe
mnbaraga
zicyaha
zatuma
umwibagirwa
Ko
ubuntu
bwawe
burenga
cyane
Kandi
mubacunguwe,
Uwo
nawe
yararimo
Ndaziko
nubwo
bimeze
bityo
Hari
umugabo
ankunda
Avuga
ko
ndi
uwe
Ijuru
riraririmba
riti
nukuri
nturi
wenyine
Imisozi
igatangara,
erega
warahiriwe
Ndaziko
nubwo
bimeze
bityo
Hari
umugabo
ankunda
Avuga
ko
ndi
uwe
Ijuru
riraririmba
riti
nukuri
nturi
wenyine
Imisozi
igatangara,
erega
warahiriwe
Ndetse
no
kudatungana
kwanjye
iyo
bibaye
Imbabazi
zawe
nibwo
zigwira
ukaboneka
ko
ukiranuka
Oooooh
-------
oooh
Kuko
mubacunguwe
nukuri
nari
ndimo
Ndaziko
nubwo
bimeze
bityo
Hari
umugabo
ankunda
Avuga
ko
ndi
uwe
Ijuru
riraririmba
riti
nukuri
nturi
wenyine
Imisozi
igatangara,
erega
warahiriwe
Ndaziko
nubwo
bimeze
bityo
Hari
umugabo
ankunda
Avuga
ko
ndi
uwe
Ijuru
riraririmba
riti
nukuri
nturi
wenyine
Imisozi
igatangara,
erega
warahiriwe
Ndaziko
nubwo
bimeze
bityo
Hari
umugabo
ankunda
Avuga
ko
ndi
uwe
Ijuru
riraririmba
riti
nukuri
nturi
wenyine
Imisozi
igatangara,
erega
warahiriwe
Ndaziko
nubwo
bimeze
bityo
Hari
umugabo
ankunda
Avuga
ko
ndi
uwe
Attention! Feel free to leave feedback.