Текст песни Nka Paradizo - Meddy
Nasanze
urukundo
Ruruta
byose
Kwihishira
ni
ukwibesha
No
mu
gusaza
(yeah)
Nzahora
nkunkuda
(yeah)
Nkaho
ari
ubwa
nyuma
(yeah)
Tambuka
Oya,
ntutinye
kugwa
Turi
kumwe
Abifuza
ko
nabivamo
Ntibari
ko
ari
wowe
Ngwino
tubijyaze
bucece
Kuva
nakumenya
wanyibukije
umudendenzo
tujyana
Umurikiye
nk'izuba
rirasa
duhuza
amaso,
nkananirwa
kwifata
Umutima
ugasabayangwa
(duhora
turi
kumwe
ubuda
tangukana)
Bisa
nka
paradizo
(duhora
turi
kumwe
ubuda
tangukana)
Bisa
nka
paradizo
(duhora
turi
kumwe
ubuda
tangukana)
Bazakubwira
ko
bizashira
Bifuze
ko
nkuta
Niko
iyi
si
imera
Reka
nkubere
inyenyeri
itazima
Imvura
izagwa,
nkubere
ubwugamo
Tambuka
Oya,
ntutinye
kugwa
Turi
kumwe
Abifuga
ko
nabivamo
Ntimbazi
ko
ari
wowe
Kuva
nakumenya
wanyibukije
Umudendenzo
tujyana
umurikiye
nk'izuba
rirasa
Duhuza
amaso,
Nkananirwa
kwifata
umutima
Ugasabayangwa
(duhora
turi
kumwe
ubuda
tandukana)
Bisa
nka
paradizo
(duhora
turi
kumwe
ubuda
tandukana)
Bisa
nka
paradizo
(duhora
turi
kumwe
ubuda
tandukana)
Iyeeeeeh!!uhhhmmm
Kuva
nakumenya
iyeeehh
Umudendenzo
iyeeeh
Ntibazi
ko
ari
wowe
Kuva
nakumenya
wanyibukije
Umudendenzo
tujyana
umurikiye
nk'izuba
rirasa
Duhuza
amaso,
Nkananirwa
kwifata
umutima
Ugasabayangwa
(duhora
turi
kumwe
ubuda
tandukana)
Bisa
nka
paradizo
(duhora
turi
kumwe
ubuda
tandukana)
Bisa
nka
paradizo
(duhora
turi
kumwe
ubuda
tandukana)
Kuva
nakumenya
wanyibukije
umudendenzo
tujyana
umurikiye
nk'izuba
Rirasa
duhuza
amaso,
Nkananirwa
kwifata
umutima
Ugasabayangwa
(duhora
turi
kumwe
ubuda
tangukana)
Bisa
nka
paradizo
(duhora
turi
kumwe
ubuda
tandukana)
Bisa
nka
paradizo
(duhora
turi
kumwe
ubuda
tandukana)

Внимание! Не стесняйтесь оставлять отзывы.